in

Inkuru nziza ku bakunzi ba Rayon Sports bibazaga aho bazarebera umukino w’ikipe yabo yesurana n’umwarabu Al Hilal Benghazi

Ubuyobozi bwa Al Hilal Benghazi bwemeye ko umukino iyi kipe y’abarabu izakira Rayon Sports ko waca kuri TV ariko ukarebwa n’abantu bari imbere mu gihugu (mu Rwanda) gusa, kuko iwabo muri Libya bakiri mu kiriyo.

Uyu mukino w’ijonjora rya Kabiri rya CAF Confederation Cup, uzaba kuri iki Cyumweru tariki 24 Nzeri 2023 saa Kumi-nebyiri, kuri Kigali Pele Stadium.

 

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Babashyinguye hamwe: Byari amarira n’agahinda mu muhango wo gusezera bwa nyuma umugore n’abana be baherutse kugwirwa n’inzu i Kigali bahita bitaba Imana – AMAFOTO

Ibiciro by’ibikoresho by’abanyeshuri byikubye kabiri