in

Inkuru ishyushye: Abafana ba APR FC bahawe amahirwe yokwirebera intwaro APR FC yahashye

Ikipe y’ingabo z’igihugu hano mu Rwanda APR FC nyuma yuko imaze iminsi myinshi iri gushaka inasinyisha abakinnyi b’abanyamahanga kuri uyu munsi irakora imyitozo ya mbere.

Kuri uyu wa gatanu tariki ya 21 Nyakanga 2023 guhera saa Kumi n’imwe 17:00 iyi kipe imaze gutangaza ko irakorera imyitozo ku kibuga Kigali Pele Stadium.

Inkuru yakiranywe neza n’abakunzi bayo dore ko yabemereye kuza kureba imyitozo yayo nta kiguzi.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

RIP Olivier! Umukinnyi wa Filime wari ukunzwe cyane yitabye Imana

Remera: Abana bari kuba mu nzu iriho shitingi nyuma y’uko umubyeyi wabo akuyeho isakaro, inzugi n’amadirishya akabigurisha kuri make make ndetse agahita anajyana na byo (AMAFOTO)