in ,

Inkuru nziza cyane ku bakunzi ba Le Bron James

Inkuru nziza cyane ku bakunzi ba rurangiranwa ku Isi mu mukino w’intoki wa Basketball ukinira ikipe ya Los Angeles Lakers.

Le Bron James yatangaje ko nta gahunda afite yo kuba yahagarika gukina umukino wa Basketball ibi akaba yabitangaje nyuma y’aho hari hashize igihe hari amakuru yibihuha avuga ko uyu mugabo yaba yaramaze gufata icyemezo cyo guhagarika gukina uyu mukino wamugize uwari we uyu munsi.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Bavuga ko abakinnyi ba Rayon ari bo baba batwika! Abakinnyi 2 APR FC yasinyishije muri iyi minsi umujyi bawufashe nta n’icyumweru baramara hano mu Rwanda

Burya utaziyava ntamenya iyajya: Danny Nanone yashimiye byimazeyo uwatumye ageraho ageze uyu munsi (Amafoto)