in

Inkuru mbi ku bakunzi ba Real Madrid: Edouard Camavinga ashobora kutongera kugaragara mu kibuga muri uyu mwaka

Inkuru mbi ku bakunzi ba Real Madrid: Edouard Camavinga ashobora kutongera kugaragara mu kibuga muri uyu mwaka.

Ku munsi w’ejo nibwo byamenyekanye ko umusore w’umuhanga cyane ukinira ikipe ya Real Madrid Edouard Camavinga yavunikiye mu myitozo y’ikipe y’igihugu y’u Bufaransa ubwo yari mu myitozo.

Camavinga yagize imvune ikomeye cyane yo mu ivi binavugwa ko ishobora gutuma uyu musore atongera guconga ruhago muri uyu mwaka w’imikino.

Umufaransa Camavinga yavunitse ubwo ikipe y’igihugu y’u Bufaransa yiteguraga umukino ifitanye n’ikipe y’igihugu ya Gibraltar uzaba ku wa gatandatu tariki 18 Ugushyingo.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Abakinnyi bakina mu Rwanda babigizemo uruhare: Ikipe y’igihugu y’u Burundi yakoze ibyananiye Amavubi Gambia ibigenderamo

Umuriro uratse i Nyarugenge: Umuhanzi Afrique wari waragiye kureba Shadia yamuzanye -AMASHUSHO