in

Inkuru itari nziza kuri Element uri hanze y’u Rwanda mu butumwa bw’akazi

Umuyobozi Ushinzwe ibikorwa mu byo kurengera umutungo bwite mu bw’ubwenge, Ruhimba Mbaraga Blaise wo mu Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Iterambere (RDB), yatangaje ko nta gihe kinini gishize bakiriye umuntu wababwiraga ko ariwe nyiri ikirango ‘Eleêeh’ gikoreshwa na Producer Element, asaba ko bakimwandikaho akakigiraho uburenganzira.

Uyu muyobozi yavuze ko bakiriye uwo muntu gusa ntiyigeze amutangaza amazina ye bwite.

Yavuze ko yaje asaba kwiyandikishaho icyo kirango gusa bamusabye kuzana icyemeza ko ari icye.

Ibi bije nyuma y’iminsi mike ishize ishize, Noopja atangaje ko Element wahoze ari umukozi we ko natamwegera ngo baganire azamwaka izina yamuhaye.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Videwo y’umunsi: Dore amashusho y’abantu bari kurya ipirawu byanyabyo kuri uyu munsi w’irayidi

No mu modoka yatashye akirya! Miss Muyango aho yagiye kurya ipirawu bamuhaye impamba agenda arya kugera mu rugo – VIDEWO