in ,

Inkuru ishyushye: Umukinnyi uzasimbura Neymar jr muri Fc Barcelona yamenyekanye

Neymar

Umukinnyi Neymar Jr Santos numwe mu  bakinnyi b’ikipe ya Fc Barcelona bashobora kuyisohokamo vuba nkuko twagiye tubagezaho zimwe mu nkuru zijyanye n’igurishwa ry’uyu musore Neymar yamaze kubwira bagenzi be iby’akazoza ke muri Fc Barcelona birabatunguraIsomere impamvu nyamukuru ziri gutuma Neymar Jr ava mw’ikipe ya FC Barcelone, gusa igisigaye akaba ari ubwumvikane bw’amakipe yombi. Mu gihe ikipe ya Fc Barcelona ishobora gutakaza uyu mukinnyi wayo rero yamaze gushyira ahagaragara umukinnyi ushobora kuza kumusimbura.

Image result for ousmane dembele

Amakuru dukesha ikinyamakuru Marca aravuga ko ikipe ya Fc Barcelona yahise itangira ibiganiro byihuse n’ikipe ya Borussia Dortmund mu kureba uko bazana umufaransa w’imyaka 20 Ousmane Dembélé wakomeje ndetse no kwifuzwa n’iyi kipe ya Barcelona gusa bigakomeza kwanga bitewe nuko bamuburiye umwanya uhoraho. Uyu mukinnyi bamushatse cyane nyuma yuko ikipe yabahakaniye ko itazigera igurisha Phillipe Coutinho w’ikipe ya Liverpool nawe wakomeje gushakishwa n’ikipe ya Fc Barcelona nkuko tubikesha nanone amakuru y’ikinyamakuru Evening Standards.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Tom Close yashyize hanze amafoto y’abagize umuryango we maze abafana be bose barayishimira (yarebe hano)

Selena gomez yashyize hanze amwe mu mafoto 25 agaragaza ubwambure bwe mu rwego rwo kwizihiza isabukuru ye y’imyaka 25