in

Inkumi zuburanga zashigukiye umupadiri witwa Papa Karabo kubera uburanga bwe byatumye izo nkumi zifata icyemezo ndakuka -AMAFOTO

Abakoresha imbuga nkoranyambaga bo muri Kenya, bakomeje kugaragaza uko zimwe mu nkumi zo muri icyo gihugu zashigukiye uburanga bw’umupadiri witwa Papa Karabo wo muri Afurika y’Epfo, ibyatumye hari abavuze ko bazitabira amasengesho muri Kiliziya asomeramo misa.

Ibitangazamakuru byandikira muri Kenya birimo Standard Media, byavuze ko hari abakobwa bakomeje kugaragara batebya, bavuga ukuntu bashaka ko Papa Karabo aze kugira ngo aheshe umugisha abo muri icyo gihugu.

Uwitwa Sonnie ku mbuga nkoranyambaga yagize ati ‘‘Ruto, dukeneye ko uyu Mukozi w’Imana asengera abagore bo mu gihugu cyacu, kandi tugusezeranyije ko tuzahinduka burundu.’’

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Barambarana! Inkumi y’i Nyarugenge yageze mu cyumba cya Davido ubwo yari mu Rwanda yazamuye urwego nyuma yo kugirana ibihe bidasanzwe n’uwo muhanzi

“Ibintu byo kuturyamisha ko bibaye kuturyamisha mwabantu mwe ” Mutesi Scovia ntiyumva uburyo abantu bagomba kuryama kare nk’abana