in

Inkumi yasabye abasore kutazongera guha ab’igitsinagore amafaranga

Umukobwa yanyarukiye ku mbuga nkoranyambaga maze abwira abasore n’abagabo ko bibaye byiza batakongera guha abagore/abakobwa amafaranga kuko atariyo baba bakeneye.

muri Nigeriya uzwi ku izina rya Chioma yagiriye inama abagabo kureka guha abagore amafaranga.

Uyu mukobwa yatanze inama mu nyandiko yanditse ku rubuga rwe rwa Twitter kandi byakuruye abantu benshi bakoresha imbuga nkoranyambaga cyane cyane abagore.

Uyu mukobwa wiyise @oma_lik yavuze ko we nabandi bagore bose bagiye bahabwa amafaranga ariko ko ataba ariyo bakeneye , ahubwo baba bashaka urukundo ruzira uburyarya.Uyu mukobwa akaba yabwiye ab’igitsinagabo ko gutanga amafaranga nta rukundo ntacyo bimaze.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Platin na TMC bongeye gususurutsa ababakunze ubwo baririmbanaga nk’itsinda

Rumwe mu mboga zititabwaho cyane kandi nyamara zifite intungamubiri nyinshi