in

Indirimbo mu gihe zikomeje kwisukiranya ubutitsa hagaragaye indi yaciye igikuba itarasohoka kubera abahanzi b’ibikomerezwa bayihuriye mo

Indirimbo mu gihe zikomeje kwisukiranya ubutitsa hagaragaye indi yaciye igikuba itarasohoka kubera abahanzi b’ibikomerezwa bayihuriye mo

Umuhanzi Kevin Kade uri mu bahanzi bazwi mu gukora indirimbo z’ikirori zibyinitse yongeye guhuriza hamwe abahanzi bakomeye mu ndirimbo ye yise “Pyramid”  igomba gusohoka ku wa 5 tariki 7.

Muri iyi ndirimbo Kevin Kade yahurijemo umuhanzi ukunzwe cyane mu gihugu cy’u Burundi Dram T ndetse na Kivumbi na nawe ufite abakunzi benshi bakadasohoka hano mu Rwanda no hanze yarwo.

Mu mashusho magufi aba bombi bashyize kuri Instagram zabo yarekana ko iyi ndirimbo izaca ibintu mu tubyiniro two muri Kigali.

Reba video hasi..

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

“Ari guhumeka uwanyuma” Umusore wari ucigatiye umugore umurusha ubunini bari kwishimisha mu buryo bwabo, akomeje kugirwa impuhwe kubera ingano y’uwo yari acigatiye (AMAFOTO)

Imana imwakire mubayo! Umuhanzi wari ukunzwe n’abatari bake mu Rwanda yitabye Imana nyuma yo kuraswa