in

Indirimbo byari byitezwe ko Meddy azasohora yitwa “Blessed” yayegejeyo ahubwo ateguza indi yakataraboneka

Indirimbo byari byitezwe ko Meddy azasohora yitwa “Blessed” yayegejeyo ahubwo ateguza indi yakataraboneka.

Meddy yateguje iyi ndirimbo ye bivugwa ko uyu muhanzi yinjiye mu gisate cy’umuziki wa Gospel aho azajya aririmba indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana gusa iz’urukundo zikaba zegeye kuruhande.

Amakuru nyiri ubwite Meddy yashyize hanze yavuze ko indirimbo ye ya ’Grateful’ ariyo igiye kubimburira izindi za Gospel. Aho kuba iyitwa “Blessed” nkuko abantu bari babyiteze.

Ibi yabitangaje abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram rwitwa ‘Meddy inkoramutima’ ateguza abantu ko bagomba kwitegura indirimbo ye yitwa “Grateful” mu masaha make.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Abarenga miriyoni 2 basabye itike yo kujya muri Saudi Arabia kureba umukino uzahuza Alnassr n’ikipe ikomeye y’iburayi

Imodoka ifite ibirango bya Congo yagonze umuntu arapfa abari bayirimo bakora igikorwa kigayitse cy’ubunyamanswa cyababaje benshi