in

Babyumvaga batari babibona! Imyitwarire yagaragajwe n’urubyiruko rwasohokeye i Rubavu, ikomeje guteza inkeke

Babyumvaga batari babibona! Imyitwarire iganisha ku busambanyi yagaragajwe n’urubyiruko rwasohokeye i Rubavu, ikomeje guteza inkeke.

Abaturage bo mu karere ka Rubavu barinubira ibikorwa bikorwa n’urubyiruko hamwe n’abandi basohokeye ku mucanga.

Uru urubyiruko rwaje muri aka karere mu gitaramo cy’ubwigenge ndetse bagatangaza ko bikomeje gutyo buri mezi 9 hajya havuka abantu bangana n’abatuye b’akagari kamwe.

Aba baturage bavuga ko ubusambanyi bwahabereye butazorohera igihugu niba ntazindi ngamba zifashwe.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
4 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Fabrice Habimana
Fabrice Habimana
1 year ago

Ariko ntababeshye ndi umunyarwanda wuzuye kd ubyishimira gusa hagati yabaturage batuye iki gihugu nabanyamakuru harimo bamwe bazatuma tudatera imbere, nkubu iyi nkuru tutabeshye igamije iki uretse gukabya, aho ibi bibera ndahazi ariko se niba abakobwa bambaye uko bashaka bakanabyina bisanzuye kuki mugishaka ko bamera nkabamwe bakera babaga mungo gusa, mumenyeko twavuye mungoma ya cyami tukajya muri republic rero everything has to be changed. Mureke kubangamira ubwisanzure bwabantu kuko umuco wambere nukuba nziko ndi umunyarwanda ninaryo shema,ibindi ntaho bihurira nuko nambaye cg aho nasohokeye. Muhe abakobwa babanyarwanda agahenge kuko murababangamira cyane pe.

mindy yo business
mindy yo business
1 year ago

nanjye numiwe. abanyamakuru barashonje cyane. nubwo atari bose ariko benshi bafite inzara cyane cyane iyi YEGO. B wagirango nubwa mbere bageze i Rubavu

Salumu kanakuze
Salumu kanakuze
1 year ago

Bambarize nukuri. Umuntu arishima ngo yakosheje, yatuza ngo ariyemera. N’iki kineza rubanda, ngewe nzabaho uko mbishaka mbyumva ariko ntabangamiye igihugu cyange, kuko HE PAUL KAGAME 🇷🇼 muzehe wacu aradukunda nku urubyiruko abana be, natwe turamukunda
Next 2024.niwe ntawundi ngewe ndi declarer natoye OK kuri muzehe wacu

Salumu kanakuze
Salumu kanakuze
1 year ago

Mureke abantu bishime ubu x abari bariyo hamaze gupfamo bangahe si benshi. Mureke abantu bishime ntawuzarama

Burya nawe ari kora: Kenny Sol yagaragaye ari kunywa ibisindisha (Amafoto)

Abikumbuye kubi: Phil Peter yatangaje ko agiye kugaruka i Kigali maze ateguza abahatuye ikintu kidasanzwe bagomba kuzakora ahageze (Amafoto)