in

Imyambarire y’umunyamakuru wo kuri Radio ikunzwe n’abatari bake ikomeje gutangaza benshi

Imyambarire y’umunyamakuru wo kuri Radio ikunzwe n’abatari bake ikomeje gutangaza benshi.

Umunyamakurukazi ukorere Radio yo muri Uganda yitwa Galaxy 10, akomeje kuvugisha abatari bake nyuma yo kugaragara mu ruhame yambaye mu buryo budasanzwe.

Ibi yabikoze ubwo yari yitabiriye igitaramo cya Sheebah, benshi muri Uganda nibabyitayeho cyangwa ngo babyibazeho cyane kuko kuri bo ni ibintu bamenyereye.

Gusa hari bamwe bakomeza kuvuga ko iyi atari imyambarire y’umunyamakuru wo ku kinyamakuru nka kiriya kiyubashye, gusa hari nabavuga ko ariko babaye.

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ubwiza buravuna! Abagore bapfumura ururimi bakazirikaho “Umusumari muto” bakawucisha umwenge munsi y’umunwa kugira ngo babe beza (VIDEWO)

Amagwede! Umuhanzi w’umunyarwanda akomeje gukoroza imbuga nkoranya mbaga nyuma yo gushyira hanze indirimbo yitwa Amagwede