in

Imyaka ye itari micye ntiwayimukecyera! Ndayishimiye Reagan ‘Rugaju Reagan’ wa RBA, yagize isabukuru y’amavuko

Umunyamakuru w’imikino kuri RBA, Ndayishimiye Reagan wamenyekanye nka Reagan Rugaju yagize isabukuru y’amavuko kuri uyu wa Gatandatu tariki 25 Ugushyingo 2023.

Uyu musore mu maso ugaragara nk’aho akiri muto, yavutse tariki nk’iyi mu mwaka wa 1993 ubu akaba yujuje imyaka 30.

Reka tubonereho kwifuriza isabukuru nziza y’amavuko kuri Reagan Rugaju.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Abakinnyi 11 ikipe ya Rayon Sports irabanza mu kibuga uyu munsi hajemo impinduka zikomeye Kubera umukinnyi ujya afasha iyi kipe kubona intsinzi wagize ikibazo cy’imvune

Itangazo rya Polisi y’u Rwanda risohotse kano kanya utagomba gucikwa niba uri Umunyarwanda