in

Imyaka yamujyanye! APR FC yifurije isabukuru y’amavuko Jimmy Gatete wayikiniye ndetse akaba ari na rutahizamu wibihihe byose mu ikipe y’igihugu Amavubi

Ikipe ya APR FC yifurije isabukuru y’amavuko Jimmy Gatete wayikiniye ndetse akaba ari na rutahizamu wibihihe byose mu ikipe y’igihugu Amavubi.

Jimmy Gatete yakiniye Amavubi imikino 41, ayatsindira ibitego umunani, ubu yujuje imyaka 44 y’amavuko.

Uyu mugabo kuri ubu wibera muri Leta Zunze za Amerika afatwa nka rutahizamu w’ibihe byose wakiniye Amavubi y’u Rwanda, nyuma yo kuyaheka ku mugongo we akayahesha itike y’Igikombe cya Afurika cya 2004 cyabereye muri Tunisie.

Gatete wanyuze mu makipe ya Rayon Sports na APR FC, yibukirwa cyane ku bitego yatsinze Imisambi ya Uganda na Black Stars ya Ghana muri 2003; ari na byo byahesheje u Rwanda itike ya CAN mu mwaka wakurikiyeho.

 

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Safi Madiba yashyize umucyo ku makuru akomeje kuvugwa ko itsinda rya Urban Boys ryaba rigiye gusubirana

Hehe no gutonda umurongo igihe kinini! Amakuru areba abasanzwe bategera bisi mu mujyi rwagati (Down Town)