in

Safi Madiba yashyize umucyo ku makuru akomeje kuvugwa ko itsinda rya Urban Boys ryaba rigiye gusubirana

Umuhanzi Safi Madiba wahoze mu itsinda rya Urban Boys nyuma bakaza gutandukana, yanyomoje amakuru akomeje kuvugwa ko aba basore baba bagiye gusubirana.

Nk’uko Safi Madiba yabitangarije Inyarwanda dukesha iyi nkuru ko atiteze na rimwe gusubira muri iri tsinda nubwo ariko ngo bashobora kuba inshuti. Yagize at: i”Yego nibyo twaba inshuti nk’abantu n’ubundi twahoze tubana ariko ibyo gusubirana nk’itsinda byo ntibishoboka”

Ni nyuma y’uko Nizzo Kaboss nawe uri mu bahanzi babarizwa muri iri tsinda aherutse kuvuga ko Urban Boyz igiye gusubirana. Ni inkuru yasamiwe hejuru ndetse bamwe barabyishimira ariko Safi Madiba abwira iri tsinda ko bitashoboka.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ubuyobozi bwa APR FC nyuma yo kumva inkuru y’incamugongo ku mukinnyi wayo Taddeo Lwanga wapfushije Se, bwahise bukora igikorwa cy’ishimiwe n’abakunzi ba ruhago

Imyaka yamujyanye! APR FC yifurije isabukuru y’amavuko Jimmy Gatete wayikiniye ndetse akaba ari na rutahizamu wibihihe byose mu ikipe y’igihugu Amavubi