in , ,

Impinduka Mu Bukwe Bw’Umuhanzi Patient Bizimana Ku Munota Wa Nyuma

Ku munota wa nyuma Patient Bizimana yatangaje ko mu bukwe bwe hazabamo impinduka kubera impamvu zijyanye n’ingamba nshya zo kwirinnda icyorezo cya COVID-19 zemejwe n’Inama y’Abaminisitire yateranye tariki 14 Ukuboza 2021 iyobowe n’Umukuru w’Igihugu Nyakubahwa Paul Kagame.

Patient Bizimana kandi yavuze ko imyiteguro y’ubukwe bwe na Gentille irimbanije muri iyi minsi ya myuma ndetse anagaruka ku mukunzi we avuga amaze neza nawe ari muri gahunda zitandukanye zijyanye no kwitegura ibi birori bizaba kuri iki cyumweru tariki 19 Ukuboza 2021.

Written by Social Mula

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Amafoto Atandukanye Y’ibyamamare Byitabiriye Ibirori ‘The Choice Awards Gala Night’ Byateguwe Na Isibo TV

Umugabo Wasengaga Shitani Yapfuye Maze Ashyingurwa Mu Modoka Irimo Icuranga Umuziki (Video)