in

Impeshyi ntawe isiga ari ingaragu! Umunyamakuru wa Televiziyo ikomeye mu Rwanda uzwiho kugira ubwiza buhebuje yakorewe ibirori byo gusezera ubukumi ‘Bridal Shower’ – AMAFOTO

Umunyamakuru wa Televiziyo ya Isibo, Mahoro Ketia uzwi nka Gigi Kety, mu ijoro ryakeye yakorewe ibirori byo gusezera ubukumi bizwi nka “Bridal Shower.”

Ketty yambitswe impeta n’umusore witwa Fred Karuganda atuye muri leta ya Texas amakuru ahari ni uko tariki 29 Nyakanga 2023, hazaba umuhango wo gusaba no gukwa n’aho ku wa 4 Kanama hazaba indi mihango y’ubukwe.

Gigi Ketty, ni umunyamakuru kuri Televiziyo ya Isibo mu kiganiro Chapa Chapa Show, asanzwe kandi ari n’umucuruzi w’imyenda.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ntajya yambara impenure nk’abandi! Miss wa Uganda bivugwa ko ari Umunyarwanda yasohokeye ku mazi yambaye rumbiya yikwije umubiri wose (AMAFOTO)

Agiye gutanga Miss we Iradukunda Elsa! Umukobwa wabaye igisonga cya Miss Iradukunda Elsa wa Prince Kid agiye kurongorwa n’umusore ushima Imana