in

Impano umugabo yahaye umugore we uherutse kubyara ihamya urukundo ruryoshye

Umubyeyi yananiwe kwihangana maze arira amarira y’ibyishimo nyuma yo guhabwa impano y’imodoka n’umugabo we ,ubwo yayimuzaniraga amutunguye.Ni nyuma y’aho uyu mugore wo muri Nigeriya uherutse kubyara yakiriye Toyota Venza nshya kumugabo we nkimpano yo kuba yaramubyariye umwana.

Umugabo we yakoze gahunda kugirango itangwe nisosiyete ikora ibirori igakoresha  gutungurana(surprise).Muri videwo yagiye ahagaragara, yashoboraga kujyanwa hanze mugihe imodoka yageraga murugo rwabo kandi Saxophoniste yacurangaga injyana nziza.

Umugore araturika ararira, ahobera umugabo we cyane mu gihe yishimira impano yagenewe nyuma yo kubyara.Ni ikimenyetso cyiza kandi kigaragaza urukundo rudasanzwe bombi bafitanye.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

PsG ishobora kwegukana umwe mu bakinnyi bakomeye muri Barcelona.

Ibyifuzo bya Mbappé bizatigisa Espanye ku buryo bukomeye.