in

Impamvu ya Cristiano yo kuva muri Manchester United ishingiye kuri Messi

Muri iyi minsi, Cristiano arimo ashaka ikipe yakwerekezamo ndetse ngo ashobora no kuzemera kugabanya umushahara ariko akava muri Manchester United ariko akajya mu ikipe ifite byose(gukina champion league)

Nkuko abahanganye bahora babigenza, impanvu yatangajwe na mirror ya cristiano kuva muri Manchester United ishingiye kuri rutahizamu wa Argentina ukinira ikipe yamamaza u Rwanda yo mu gihugu cya France yitwa PSG.

Nkuko tubizi, cristiano Ronaldo niwe ufite ibiteho byinshi mu mukino ya champions league ndetse nyuma y’uko Manchester United izakina Europa league, yahise yifuza gusohoka muri iyi kipe kugira ngo mugenziwe Messi atazamurusha ibitego muri iyi mikino ya champions league.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ikipe ya Rayon Sports igiye kubona akavagari k’amafaranga ihite isinyisha abandi bataka bashya

Abakinnyi bafata agatubutse kurusha abandi ku isi ||Bamwe muraza gutungurwa