in

Impamvu Joackiam Ojera ataza gukina umukino Rayon Sport irakinamo na Musanze Fc yamenyekanye

Kuri uyu wagatandatu nibwo Rayon Sport iza gucakirana na Musanze Fc mu mukino wa Shampiyona, gusa ku bakinnyi Rayon Sport yajyanye Joackiam Ojera ntariho.

Mu kiganiro Roben Ngabo yagiranye na Umuseke yagize ati ” Ojera yahawe ikiruhuko. Ntabwo yagiye kwivuza. Yari amaze gukina imikino yose ikipe yakinnye kuva muri Nyakanga. Yagombaga kuruhuka. Ntabwo ari kuri gahunda z’umutoza kuri iki Cyumweru. Gusa arasubukura imyitozo Kuwa Mbere.”

Roben Ngabo yanyomoje amakuru avuga ko Ojera yagiye muri Uganda kwivuza, yemeza ko iyo umukinnyi yahawe ikiruhuko aba yemerewe kujya aho ashaka.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

RIB ibamereye nabi! Abayobozi bakomeye bo mu karere ka NGOMA bafunzwe bazira gukora icyaha cyitabwaho kurusha ibindi hano mu Rwanda

Amafoto y’umunsi: Uwahoze ari umunyamakuru wa RBA Tijara Kabendera yerekanye amafoto ya kera ari kumwe n’abana be yongera ayageranya nayubu arangije agenera ubutumwa abantu bigeze kumutera amabuye bavuga ko yabyaye akiri muto kuko umwana wa mbere yamubyaye ataruzuza imyaka 18 [AMAFOTO]