in

Imodoka itwara abakinnyi ya Manchester city yaraye igabweho igitero

Mu ijoro ryo kuwa 16 Ukwakira mu masaha ya ni joro aribwo ikipe ya Manchester city yatsindwaga na Liverpool.

Biravugwa ko mu rugendo bataha berekeza I Manchester iyi modoka abakinnyi bagenda mo yaje kwatakwa Iva a field.

Mu makuru yatanzwe birashoboka ko yaba ari abafana b’ikipe ya Liverpool baba bakoze icyo gikorwa kubera gufana cyane.

Gusa kubwamahirwe abakinnyi ntacyo babaye ntanuwakomeretse n’abagerageje icyo gitero bakomeje gukurikiranwa kugira ngo hamenyekanye impamvu.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

“Umva indobo irimo ubusa irasakuza”-Inkumi y’ikimero Karera Hassan yasimbuje umugore we yamwandagaje

Dore ibimenyetso byakwereka ko ufite uburwayi bwo mu mutwe bwugarije benshi muri iyi minsi