in

Iminsi y’ibisambo ni 40, Abagabo batatu banywaga ibiyobyabwenge ubundi bakajya kwambura abaturage ibyabo bafashwe batarangije akazi

Iminsi y’ibisambo ni 40, Abagabo batatu banywaga ibiyobyabwenge ubundi bakajya kwambura abaturage ibyabo bafashwe batarangije akazi.

Abagabo 3  nyuma yuko bamwe mu bakorera mu nyubako ya Gare batabaje bavuga ko babangamiwe n’abantu bahoraga bicaye kuri Sitasiyo ya Lisansi ituzuye bakambura abahakorera n’abagenzi bahategera imodoka zijya mu Cyakabiri ndetse n’i Munyinya.

Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Amajyepfo, CIP Habiyaremye Emmanuel yabwiye UMUSEKE dukesha iyi nkuru ko aho bamenyeye ayo makuru ahamya ko hari abantu bakekwaho ibi byaha, bihutiye kujyayo barabafata .

Avuga ko abatawe muri yombi ubu bose bafungiye kuri Sitasiyo ya RIB iherereye mu Murenge wa Nyamabuye.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Nyuma y’ibyumweru 13 bakoze ubukwe, Myugariro w’ikipe ikomeye mu Rwanda n’umugore we bibarutse imfura nyuma y’igihe gito babanye nk’umugore n’umugabo (AMAFOTO)

Amakuru mashya kuri wa mugore ukurikiranweho kwica Akeza yari abareye mukase