in

Imibare y’abantu bakomeje gupfira mu mujyi Rayon Sports igiye kwerekezamo ikomeje kwiyongera

Mu Majyaruguru ya Africa i Benghazi muri Libya, imiyaga n’imyuzure bikomeje guhitana ubuzima bw’abatari bake mu gihe Rayon Sports iri mu myiteguro yo kwerekezayo uyu munsi.

Abantu babarirwa muri 150 nibo bamaze kubarwa ko bishwe n’imiyaga n’imyuzure i Benghazi muri Libya, aho Rayon Sports izakinira na Al Hilal.

Ni mu gihe biteganyijwe ko Murera ihaguruka i Kanombe mu masaha y’icyigoroba cyo kuri uyu wa Kabiri tariki 12 Nzeri 2023.

Ni umukino ubanza wo gushaka itike ijya mu matsinda ya CAF Comfederation Cup.

 

 

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Musanze: Abana bagiye kwahira ubwatsi bisanga bari gukinira mu kiyaga cya Ruhondo byabaviriyemo no kurohama

Burya ntajya ahinduka ! Ifoto ya Gasaro Tracy akiri umwana w’imyaka 9 ikomeje gutangaza benshi – umugabo we Patrick yamuteye umutoma kuri uyu munsi we w’amavuko