in

Imana yamuteye iteka: Umuhanzikazi Bwiza yateye ikirenge mucya Asake na 50Cent ibyamamare muri muzika y’Isi

Imana yamuteye iteka: Umuhanzikazi Bwiza yateye ikirenge mucya Asake na 50Cent ibyamamare muri muzika y’Isi.

Umuhanzikazi Bwiza Aimerance uri kwisonga mu bahanzikazi bakunzwe cyane hano mu Rwanda yateye ikirenge mucya Asake na Kizz Daniel ndetse na 50Cent n’ibindi byamamare bitandukanye muri muzika y’Isi nyuma yaho agiranye amasezerano na ” Empire distribution” icuruza imiziki y’ibyamamare bitandukanye muri muzika y’Isi.

Bimwe mu byamamare biri muri “Empire distribution” yagiranye amasezerano na Bwiza harimo Kizz Daniel, Fire Boy, Asake, 50Cent ndetse na Sean Kingston n’abandi benshi batandukanye.

 

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Bayikubise bayiteruye: Kiyovu Sports itsinzwe ibitego birenga 3 yibuswa ko no mu mpanga habamo gakuru

Bivuze ko usoma agasembuye, azifata mapfubyi kugeza gusaba no gukwa birangiye! Hari ibinyobwa bikunzwe cyane kurusha ibindi bitazagaragara mu bukwe bwa Miss Uwicyeza Pamela na The Ben