in

Titi Brown yihakanye ibyo gukundana na Nyambo atangaza ikibyihishe inyuma

Umubyinnyi Ishimwe Thierry uzwi nka Titi Brown yahakanye amakuru avuga ko ari mu rukundo n’umukinnyi wa filime, Nyambo Jesca.

Avuga ko amafoto ari gushingirwaho bavuga ko bari mu munyenga w’urukundo ari ayafashwe ubwo bari bagiye gufata amashusho ya filime nshya bakinanye.

Titi Brown yabibwiye IGIHE dukesha iyi nkuru ko nta rukundo ruri hagati ye na Nyambo ahubwo ko bahujwe n’akazi gusa

Yagize ati “Ntabwo ari byo, nta rukundo ruhari rwose, ariko se mubona Nyambo yanyemera? Oya rwose ariya mafoto yafashwe mu minsi ishize ubwo twafataga amashusho ya filime ye nshya.”

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Imana ntabwo yampitiramo nabi” Niyo Bosco yashyize hanze iby’amarangamutima afitiye Neza

Kigali -Ruhango! HOWO yishe abantu babiri