in

Imana imwakire mubayo: Umupadiri wari akuze kurusha abandi bose yitabye Imana

Imana imwakire mubayo: Umupadiri wari akuze cyane kurusha abandi yitabye Imana nyuma y’igihe kirekire akora umurimo w’Imana.

Musenyeri Nikodemu Nayigiziki wari asanzwe ari umupadiri ukuze cyane kurusha abandi muri Arkidiyosezi ya Kigali yitabye Imana ku myaka 94 y’amavuko akaba yari amaze imyaka igera kuri 64 ari umupadiri.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Gutandukana kwa Junior Giti n’umuhanzi yazamuye Chris Eazy byari byabaye kimomo hanze aha, hasohotse ibindi bishya abantu batari bazi

APR FC yatangiye gutakambira umukinnyi wari wamaze kuyisezera nyuma yo kubona ku mwanya we nta mukinnyi w’umunyampahanga bazabona ukomeye nkuko yari ameze