in

Imana ibashyire mu bayo: Habaye impanuka iteye ubwoba y’ubwato ihitana imbaga y’abantu abandi baburirwa irengero

Habaye impanuka iteye ubwoba y’ubwato bwari butwaye abimukira ihitana imbaga y’abantu abandi benshi baburirwa irengero.

Amakuru yatangajwe n’ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku burenganzira bwa muntu avuga ko ubwato bwari butwaye abaturage b’abimukira berekeza mu Bugereki no mu Butaliyani bwarohamiye mu nyanja maze buhitana abantu bagera kuri 78 abandi 500 baburirwa irengero.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Isi igeze mu bihe bya nyuma koko: Hagaragaye Umupasiteri waryaga ubugari yarangiza agaha intoki abakirisitu bakazikomba (Amashusho)

Kigali ikomeje kugirwa nka Paradizo: Mu mujyi wa Kigali hari kubakwa umuhanda udasanzwe uri no gushyirwa mo itapi(AMAFOTO)