in

Ikipe y’i Nyarugenge yari yamaze kumvikana na Joachiam Ojera, ishobora gusubizwa amafaranga yamutanzeho

Ikipe ya Police FC yo mu Rwanda ishobora gusubizwa amafaranga yahaye Umugande Joakim Ojera.

Ngo kuko uyu rutahizamu ukomoka muri Uganda, yabonye indi kipe yo mu Misiri ishobora kumuha menshi kurushaho.

Byari byitezwe ko Police FC yari yaragiranye ibiganiro na Joachiam Ojera gusa akaba yari akiri mu Misiri aho yari ategerejeyo kubona ikipe asinyira yayibura akabona kuza muri Police FC.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

APR FC yatangaje ko igiye gukina imikino ibiri ya gicuti n’amakipe abiri akomeye muri Tanzania

Yatangiye kumwenyuza amazamu yo muri USA! Kwizera Jojea uherutse gutsinda igitego cyahesheje intsinzi ikipe y’igihugu Amavubi, yatsinze igitego cye cya mbere muri shampiyona yo muri America – VIDEWO