in

Ikipe y’abakinnyi 11 beza b’Amavubi bazabanzamo ku mukino wa Ethiopia

Harabura amasha make ngo ikipe y’igihugu Amavubi icakirane na Ethiopia mu ijonjora rya nyuma ryo gushaka itike y’igikombe cy’Afurika gikinwa n’abakina imbere mu bihugu byabo #CHAN2023

Uyu mukino uri kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 3 Nzeri 2022 kuri Sitade ya Karere ka Huye ku isaha ya saa cyenda z’igicamunsi.

Uyu mukino azaba ari uwo kwishyura dore ko ubanza banganyije ubusa ku busa muri Tanzania kuri Uwanja wa Mkapa.

Kuri ubu Amavubi arasabwa gutsinda kugira ngo abone itike yo kujya muri Chan2023, iyo akaba ari nayo mpamvu umutoza w’ikipe y’igihugu Amavubi azakina yataka.

Dukurikije imyitozo umutoza Carlos Alós ari gukoresha abakinnyi azakina sisiteme ya 4 4 2 nkuko bari kugenda bakina mu myitoza.

Nyuma yo kureba imyitozo hano hari ikipe y’abakinnyi 11 beza bazabanza mu kibuga ku kigero cya 95%.

 

Ntwari Fiacre

Serumogo Ally

Niyomugabo Cloude

Rwatubyaye Abdul

Niyigena Clement

Mugisha Bonheur

Nishimwe Blaise

Niyonzima Olivier Sefu

Niyonzima Haruna

Ndayishimiye Dominique

Tuyisenge Jacques

 

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umucunguzi wa Apr Fc wari utegerejwe na benshi yamaze kugera i Kigali mu ibanga rikomeye cyane

Menya amateka y’umugore waryamanye n’abagabo 919 mu masaha 12