in

Ikipe ya Rayon Sports yatangaje umukinnyi bagomba gutoramo uw’ukwezi kwa 10 hatungurana umwe benshi bemezaga ko ari mu batuma ikipe ititwara neza

Ikipe ya Rayon Sports yatangaje umukinnyi bagomba gutoramo uw’ukwezi kwa 10 hatungurana umwe benshi bemezaga ko ari mu batuma ikipe ititwara neza

Ni abakinnyi bashyizwe hanze mu gitondo cyo kuri iki cyumweru, bashishikariza abakunzi gutora umukinnyi witwaye neza nubwo bamwe batemera umukinnyi washyizemo Kandi barabonaga ari we utuma ikipe itabona intsinzi.

Abo bakinnyi bashyizwe hanze harimo Heritier Luvumbu Nzinga, Simone Tamale ndetse na Rwatubyaye Abdul benshi bemeza ko ataraba umukinnyi wigitangaza bifuza kugeza ubu nubwo akinishwa. Mu bari n’abategarugori harimo Mukandayieenga Jeanine, Mukeshimana Dorothea hamwe na Uwase Andersene.

Bamwe mu bakunzi ba Rayon Sports batoye umukongomani Hertier Luvumbu Nzinga Kandi abantu bose babona ko ari we uzagihabwa bijyanye ni uko amaze iminsi arimo guha intsinzi Gikundiro. Ibi bihembo bizatangwa tariki 16/11/2023.

 

Written by Philcollens

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 784 798 373

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Nayubusa uzamutwereka sha” Umunyamakuru w’imikino Imfura Luck yerekanye umukobwa wuburanga bari kurebana akana ko mujisho akamwenyu ari kose -AMAFOTO

Bateranye ingumi induru ziravuga! Kigali mu bitaro bya Nyarugenge habereye imirwano yahuje Umusekirite n’umurwaza -AMASHUSHO