in

Ikipe ya Rayon Sports yatakaje abakinnyi bakomeye bagera kuri 7 harimo n’umunyamahanga

Ikipe ya Rayon Sports iri kwitegura imikino ya gicuti izabafasha gutangira neza shampiyona, yavunikishije abakinnyi bayo bagera kuri 7.

Ku ikubitiro umukinnyi wo hagati, Rafael Osaluwe Olise niwe wabanje guhura n’ikibazo k’imvune mu mu kino wa gicuti wabaye mu mpera z’ukwezi dusoje.

Abandi bakinnyi ba Rayon Sports bavunitse ni Ngendahimana Eric Mucyo Didier Junior, Rudasingwa Prince ukina asatira, Nishimwe Blaise, Hakizimana Adolphe.

Muri abo bakinnyi hiyongeraho Hirwa Jean de Dieu wari umaze iminsi mu kizami cya Leta, akaba atazagaragara ku mukino w’ejo bafitanye na Musanze Fc.

Rayon Sports ikaba ifite umukino wa gicuti ku munsi w’ejo, aho uzabera ku sitade ya Kigali i Nyamirambo ku itara saa kumi n’ebyiri z’umugoroba.

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Mu Rwanda umugore wari wapfuye yarazutse kubera amasengesho

Vava uzwi nka dore imbogo yagarutse i Kigali yakirwa nk’umwamikazi (video)