in

Ikipe ya Rayon Sports yashimiye Hertier Luvumbu Nzinga Kubera impamvu ikomeye

Ikipe ya Rayon Sports yashimiye Hertier Luvumbu Nzinga Kubera impamvu ikomeye ariko ikora ikosa imugira uwa mbere mu Rwanda umwe mu bafana ahita atangaza umukinnyi ukomeye w’iyi kipe uteye ubwoba n’abafana bakunda kurusha Luvumbu

Ku munsi wejo hashize nibwo ikipe ya Rayon Sports yatangaje ko ishimira rutahizamu Heritier Luvumbu Nzinga Kubera uko amaze iminsi yitwara ariko ihita itangaza ko ari we mukinnyi wa mbere hano mu Rwanda gusa ntibyavuzweho rumwe.

Bamwe mu bakunzi ba Rayon Sports ndetse n’abandi ntibumva kimwe nibyo iyi kipe yakoze ishimira uyu rutahizamu ibinyujije kumbuga nkoranyambaga kubera ko ngo atari we gusa Rayon Sports ifite ukomeye. Benshi bagarutse kuri Joachim Ojera ndetse banamushimira ubwabo uko arimo kwitwara.

Ikipe ya Rayon Sports ikomeje imyitozo yitegura umukino ifitanye na Marine FC kuri uyu wa gatandatu, uzabera mu karere ka Rubavu aho ikipe ya Marine FC isanzwe yakirira imikino yayo.

 

Written by Philcollens

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 784 798 373

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ntabwo bisanzwe! Umuhanzikazi ukunzwe cyane hano mu Rwanda yasomanye na mama we muruhame -IFOTO

Umunyeshuri utizaniye intebe yiga ahagaze! Rwamagana hari ababyeye bavugwa ko babangamiwe no kuba bari gutumwa intebe abanyeshuri bicaraho