in

Ikipe ya Rayon Sports nyuma yo kumenya ikintu APR FC igiye gukora kugirango izabe yiteguye umukino neza nayo yafashe umwanzuro ukomeye watumye benshi bikanga

Ikipe ya Rayon Sports nyuma yo kumenya ikintu APR FC igiye gukora kugirango izabe yiteguye umukino neza nayo yafashe umwanzuro ukomeye watumye benshi bikanga

Ikipe ya Rayon Sports ikomeje imyitozo ndetse n’ikipe ya APR FC zirimo kwitegura umukino karundura ukomeye wa Super Cup uri kuri uyu wa gatandatu.

Ikipe ya APR FC ku munsi wejo hashize nibwo yatangiye umwiherero yitegura uyu mukino bafashe nk’umukino abakinnyi bashya bagomba kwigaragarizaho bakereka abafana ko iyi kipe yaguze abanyamahanga beza.

Rayon Sports nyuma yo kubona ikipe ya APR FC yatangiye imwiherero, YEGOB twamenye ko n’iyi kipe ya Rayon Sports kuri uyu wa Kane ishobora gutangira umwiherero ibintu bidakunze kubaho kugirango izabe imeze neza abakinnyi bose bari mu mwanya umwe.

Umukino uteganyijwe Kuri uyu wa gatandatu tariki 12 Kanama 2023, ku isaha ya Saa Cyenda z’amanwa ubere kuri Sitade ya Kigali Pelé Stadium. Amakuru aturuka muri FERWAFA avuga ko amatike kugeza ubu yose yamaze gushira.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umugore yararaga avuza induru abaturanyi bakaza gutora ubusurira! Umugabo n’umugore we bafashe icyemezo nyuma y’uko umugore yararaga avuza induru bari gutera akabariro bigatuma abaturanyi babyuka bakaza kwiyumvira

Breaking news: FERWAFA imaze gutangaza inkuru itari nziza Ku bantu bari bategereje kuzareba umukino uzahuza APR FC na Rayon Sports