in

Breaking news: FERWAFA imaze gutangaza inkuru itari nziza Ku bantu bari bategereje kuzareba umukino uzahuza APR FC na Rayon Sports

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru hano mu Rwanda FERWAFA imaze gutangaza inkuru itari nziza Ku bantu bari bategereje kuzareba umukino uzahuza APR FC na Rayon Sports.

Kuri uyu wa gatandatu nibwo umukino uzahuza ikipe ya Rayon Sports na APR FC ugomba kuba, amakipe yombi amaze igihe yitegura uyu mukino wa mbere ukomeye hano mu Rwanda.

Ku munsi wejo hashize FERWAFA yari yatangaje ko amatike ageze kure ashira usibye mu myanya isanzwe hari hasigaye 70% ariko mu kanya Gato gashize FERWAFA imaze gutangaza ko amatike kugeza ubu yamaze kurangira.

Ibi ntabwo binejeje ku bantu batari bakaguze aya makite bamwe na bamwe usanga amatike ashize barageragezaga kugura bikanga kubera abantu benshi bahuriraga kuri iyi sisiteme ya FERWAFA baguriraho amatike.

 

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ikipe ya Rayon Sports nyuma yo kumenya ikintu APR FC igiye gukora kugirango izabe yiteguye umukino neza nayo yafashe umwanzuro ukomeye watumye benshi bikanga

Ubanza APR FC yatangiye kubeshya abantu! Abakinnyi 3 ikipe ya APR FC igenderaho bamaze iminsi 2 nta myitozo bakora