in

Ikipe ya Rayon Sports nyuma yo kugwa i Rubavu, igiye gukina na Police FC idafite abakinnyi 2 babanza mu kibuga kubera ibibazo batagizemo uruhare

Ikipe ya Rayon Sports nyuma yo kugwa i Rubavu, igiye gukina na Police FC idafite abakinnyi 2 babanza mu kibuga kubera ibibazo batagizemo uruhare

Ikipe ya Rayon Sports kuri uyu wa Kabiri irakina n’ikipe ya Police FC mu mukino utoroshye Kandi ibura abakinnyi 2 babanza mu kibuga harimo umwe wujuje amakarita y’umuhondo 3.

Abo bakinnyi harimo Umurundi Aruna Moussa Madjaliwa bivugwa ko afite imvune ndetse na Mitima Issac wujuje amakarita nyuma y’iyo yahawe ku mukino banganyijemo na Etincelles FC bigoranye cyane.

Abakunzi ba Rayon Sports kugeza ubu batewe ubwoba no gukina na Police FC ya Mashami Vincent imeze neza cyane dore ko bamaze gutsinda imikino 6 bikurikiranya ibintu butaherukaga.

Uyu ni umukino w’ikirarane Izi kipe zombi zigiye gukina. Uzaba ku munsi wejo kuwa kabiri. N’ikipe ya APR FC izaba yitegura gukina n’ikipe ya Sunrise FC kuwa gatatu.

 

Written by Philcollens

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 784 798 373

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Kigali umugabo arakekwaho kwica umwana we urwagashinyaguro

Umusore wari washyushye yakubise inkumi y’uburanga yamutwaye umuhungu batinganaga [videwo]