in

Ikipe ya Rayon Sports iri mu kaga gakomeye nyuma y’ibyo abakinnyi ba Al Hilal Benghazi bakorewe bidasanzwe

Kuri uyu wa gatandatu tariki 30 Nzeri 2023, ikipe ya Rayon Sports izambikana n’ikipe ya Al Hilal Benghazi mu mukino wo kwishyura wa CAF Confederations Cup.

Uyu mukino ukomeje kwitegurwa n’amakipe yombi ubona ko buri imwe ishaka kubona intsinzi nyuma yaho umukino ubanza zinganyije igitego 1-1 ubwo Al Hilal Benghazi yari yakiriye Rayon Sports.

Muri uko kwitegura ikipe ya Al Hilal Benghazi ku munsi w’ejo hashize yasuwe n’abayobozi ba Ambasade ya Libya iri hano mu Rwanda barasangira ubona ko bishimye cyane ndetse amakuru ahari avuga ko ngo abakinnyi bizeje intsinzi aba bayobozi.

Muri aba bakinnyi ba Al Hilal Benghazi harimo umwe ufite imvune ku kugura ndetse arimo no kugendera mu mbago mu mafoto agaragaramo.

 

Written by Philcollens

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 784 798 373

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Miss Mutesi Jolly agiye gutuma inzozi z’umwari ukiri muto zishyirwa mu bikorwa

Yasize abakubise ikinyoma! Kazungu Denis uherutse mu rukiko agasiga ababeshye, agiye gusomerwa