in

Ikipe ya Rayon Sports iri kwingiga uwahoze ari umuzamu wayo mu minsi ishize

Ikipe ya Rayon Sports iri gusaba Kwizera Olivier ko yakongera amasezerano y’imyaka ibiri mu iyi kipe y’abafana benshi mu Rwanda.

Kwizera Olivier yasoje amasezerano ye muri Rayon Sports mu mpeshyi y’uyu mwaka, akaba yaranze kongera amasezerano muri iyi kipe.

Kwizera Olivier arashaka kujya hanze y’u Rwanda kuko hari yo n’amakipe amwifuza cyane yo mu bihugu by’abarabu.

Kuri ubu Kwizera Olivier ategereje ko ahamagarwa kuri telefone kugira ngo afate indege yerekeze hanze y’u Rwanda.

Abari hafi y’uyu mukinnyi bavuga ko ibyo kujya hanze biramutse byanze ngo yagaruka mu ikipe ya Rayon.

Rayon Sports yo yaramwegereye aho ishaka kumuha amasezerano mashya azagera muri 2024, ndetse n’amafaranga yahabwaga yiyongere.

Kwizera Olivier ntago yari yafata umwanzuro w’aho azakina, gusa ariko we arifuza kujya gukina hanze y’u Rwanda.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Abakobwa bari bambariye umugeni babyinnye mu buryo budasanzwe bitungura abari mu bukwe (Videwo)

Ibyihishe inyuma y’itandukana rya Cyusa Ibrahim na nyirasenge wa Miss Naomi