in

Ikipe ya Chelsea yamaze kumvikana n’umukinnyi ukomeye wa Napoli

Ikipe ya Chelsea igeze kure ibiganiro n’ikipe ya Napoli byo kuzasinyisha rutahizamu wayo Victor Osimhen mu mpeshyi itaha.


Ikipe ya Chelsea nyuma yo kugura rutahizamu wa FC Barcelona Pierre Emerick Aubameyang bakza kubona ko umusaruro wuyu mugabo w’imyaka 33 babona ko udahagije doreko amaze gutsinda ibitego bitatu mu mikino itandatu.

Chelsea yahisemo kujya kumeza y’ibiganiro n’ikipe ya Napoli kuri Rutahizamu wayo Umunyanigeria Victor Osimhen umaze gutsinda ibitego bine mu mikino umunani muri uy’umwaka wi mikino.

Victor Osimhen ufite amasezerano azarangira muri 2025 mu ikipe ya Napoli yatsindiye Ibitego 14 mu mikino 27 mu mwaka w’imikino wa 2021-2022 Chelsea ikaba imuhanganiye na Bayern Munich.

Chelsea Kandi yifuza abandi bakinnyi barimo Christopher Nkunku was RB Leipzig ndetse na Declan Rice wa Westham na Leandro Trossard wa Brighton.

Written by THIERRY Mugiraneza

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it :+250 789 020 938

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Mu mafoto: Dore Dj Fabiola uvugwaho ko yiyambika ubusa gusa we akavuga ko ari mwiza byihariye

Mugabekazi Liliane watwitse kubera imyambaro yari yambaye muri BK Arena yagaragaye mu myambaro idasanzwe ku isabukuru ye