in

Mu mafoto: Dore Dj Fabiola uvugwaho ko yiyambika ubusa gusa we akavuga ko ari mwiza byihariye

Umuvanzi w’umuziki Fabiola wamenyekanye cyane mu kuvanga umuziki kuri radiyo Magic FM na radiyo Rwanda, uyu Dj Fabiola azwiha kandi gucurangira mu bitaramo ndetse no mu tubari tugiye dutandukanye.

Mu kiganiro yagiranye na Chita Magic ukorera kuri YouTube yabajije uyu mukobwa impamvu ajya ashyira hanze amafoto bivugwa ko aba yambaye ubusa maze asubiza ko ibyo aba yambaye atiri ubusa ashyira hanze.

Ikindi kandi yabwiwe ko hari abajya bavuga ko ari mwiza maze nawe mu masoni menshi ati “yego ndi mwiza ahubwo bwihariye” ikindi kandi yavuze ko akundwa n’abagabo cyane.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Mu buryo butangaje umugore yatakaje ijwi rye mbere yuko atanga ubuhamya mu rukiko

Ikipe ya Chelsea yamaze kumvikana n’umukinnyi ukomeye wa Napoli