in ,

Ikipe ya Chelsea ishobora kuba igiye kwibikaho undi mukinnyi ukomeye rwihishwa

Antonio Conte mu gutoza

Ikipe ya chelsea n’umutoza wayo Antonio Conte bakomeje gushaka umuti w’ikibazo cy’ubwugarizi kuko ino kipe byibuze indi myanya ifite abasimbura ariko mu bwugarizi nyuma yuko Branislav Ivanovic yongereye amasezerano hakomejwe kwirengagiza uruhande akinaho kuko n’umukinnyi udakunda kuvunika gusa nyuma yo gutanga Papy Djilibodji na Baba Rahman iyi kipe ikaba yatangiye kujya mu biganiro rwihishwa n’abaherwe ba Monaco.

Umwe mubakinnyi bakwitabazwa muri iki kibazo ni umusore wo muri Monaco Fábio Henrique Tavares uzwi nka Fabinho Villarreal v Monaco: UEFA Champions League

FBL-FRA-LIGUE1-MONACO-PSG

hakaba hari kuvugwa ko mbere yuko isoko rifungwa baba bamaze kwibikaho uyu mukinnyi,iyi kipe ya chelsea ikaba ije muri uru rugamba isangamo Jose Mourinho wahereye kera yifuza uyu mukinnyi.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Dore Abakinnyi batandatu basezerewe mu Mavubi

Nyuma yo kumara imikino itatu yicazwa ku gatebe k’abasimbura,Cesc Fabregas afashe icyemezo kirebana n’akazoza ke