Ikipe ya chelsea n’umutoza wayo Antonio Conte bakomeje gushaka umuti w’ikibazo cy’ubwugarizi kuko ino kipe byibuze indi myanya ifite abasimbura ariko mu bwugarizi nyuma yuko Branislav Ivanovic yongereye amasezerano hakomejwe kwirengagiza uruhande akinaho kuko n’umukinnyi udakunda kuvunika gusa nyuma yo gutanga Papy Djilibodji na Baba Rahman iyi kipe ikaba yatangiye kujya mu biganiro rwihishwa n’abaherwe ba Monaco.
Umwe mubakinnyi bakwitabazwa muri iki kibazo ni umusore wo muri Monaco Fábio Henrique Tavares uzwi nka Fabinho

hakaba hari kuvugwa ko mbere yuko isoko rifungwa baba bamaze kwibikaho uyu mukinnyi,iyi kipe ya chelsea ikaba ije muri uru rugamba isangamo Jose Mourinho wahereye kera yifuza uyu mukinnyi.