imikino
Ikipe ya Chelsea ishobora kuba igiye kwibikaho undi mukinnyi ukomeye rwihishwa

Ikipe ya chelsea n’umutoza wayo Antonio Conte bakomeje gushaka umuti w’ikibazo cy’ubwugarizi kuko ino kipe byibuze indi myanya ifite abasimbura ariko mu bwugarizi nyuma yuko Branislav Ivanovic yongereye amasezerano hakomejwe kwirengagiza uruhande akinaho kuko n’umukinnyi udakunda kuvunika gusa nyuma yo gutanga Papy Djilibodji na Baba Rahman iyi kipe ikaba yatangiye kujya mu biganiro rwihishwa n’abaherwe ba Monaco.
Umwe mubakinnyi bakwitabazwa muri iki kibazo ni umusore wo muri Monaco Fábio Henrique Tavares uzwi nka Fabinho
hakaba hari kuvugwa ko mbere yuko isoko rifungwa baba bamaze kwibikaho uyu mukinnyi,iyi kipe ya chelsea ikaba ije muri uru rugamba isangamo Jose Mourinho wahereye kera yifuza uyu mukinnyi.
-
Imyidagaduro14 hours ago
Abanyamakuru ba Radio/TV10 bakije umuriro kuri KNC nyuma yo gushinja umwe muri bo kutarongora kandi akuze.
-
Imyidagaduro22 hours ago
Dore umukobwa mwiza watwaye umutima w’umunyarwenya Arthur Nkusi (AMAFOTO)
-
imikino11 hours ago
Amavubi yari yishyize mu mazi abira kubera umunyamakuru wa RBA
-
Imyidagaduro19 hours ago
The Ben na Miss Pamella bashyize hanze itariki y’ubukwe bwabo.
-
imikino19 hours ago
Umukunzi wa Yannick, yashyize ahagaragara video bari gusomana amushimira ibyo yamukoreye
-
Imyidagaduro16 hours ago
Amabanga akomeye ya Clarisse Karasira na Fiancé we yashyizwe ahagaragara
-
Imyidagaduro24 hours ago
Bwa mbere umunyarwenya Arthur Nkusi avuze ko afite umukunzi anavuga izina rye
-
imikino13 hours ago
Isi yose ikomeye amashyi ikipe y’U Rwanda Amavubi nyuma yo kunganya n’ikipe ya Maroc