in ,

Ikipe ya Arsenal ikaba ishaka gutanga akayabo k’amafaranga k’umukinnyi ukomeye cyane nyuma yo kwandagazwa na Liverpool

Ikipe ya Arsenal ikomeje kugaraguzwa agati muri champiyona aho imaze gutakaza imikino ibiri muri itatu bamaze gukina, nyuma yo gukomeza gushakisha abakinnyi bakomeye bo kuza kunganira abahari, inkuru dukesha ikinyamakuru AS cyo ku mu gihugu cya Espagne aremeza ko ikipe ya Arsenal yahise yihutira gushaka uko yagura umukinnyi ukomeye mu ikipe ya Real Madrid.Real Madrid v FC Barcelona - Supercopa de Espana: 2nd Leg

Marco Asensio waraye atsindiye Real Madrid ibitego 2 aho banganyanga na Valencia, akaba ari mu bitabo by’ikipe ya Arsenal ndetse amakuru ava i Londre aravuga ko iyi kipe ya Arsenal yiteguye kurekura Miliyoni 75 z’amapound kugirango yigarurire uyu mwana w’imyaka 21 umaze kugaragaza ko afite impano ikomeye. Tukaba dutegereje kureba niba koko umutoza Arsene Wenger yakora iyo bwabaga akagura umukinnyi uri kururu rwego.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Malia Obama yandagaje umukecuru washakaga kwifotoranya nawe imbere abanyeshuri bagenzi be barumirwa

Ikipe ya Chelsea igiye gutakaza rutahizamu wayo ukomeye ku buryo butunguranye