in ,

Malia Obama yandagaje umukecuru washakaga kwifotoranya nawe imbere abanyeshuri bagenzi be barumirwa

Malia Obama, umukobwa w’uwahoze ari perezida wa leta zunze ubumwe za Amerika ariwe Barack Obama, ku munsi w’ejo yandagaje umukecuru umwe mu bafana be ubwo yashakaga kwifotoranya nawe.

It’s been less than a week since Malia Obama (seen above this past Monday in Cambridge, Massachusetts) moved into her dorm and officially became Harvard University’s most famous freshman
Malia Obama ari kumwe n’abanyeshuri bagenzi be muri Harvard

Hashize icyumweru umukobwa w’imfura wa perezida Barack Obama ariwe Malia Obama ageze muri Harvard University. Ku wa gatandatu w’icyumweru gishize, Malia Obama nibwo yarakariye cyane umukecuru wari wamutegerereje hanze ya campus abamo muri Harvard University kugirango yifotoranye nawe.

Barack and Michelle Obama’s first-born reacted angrily Saturday to a gawker who waited outside a campus store in order to snap a picture of the famous former occupant of the White House. Malia is seen going for a run this past Wednesday in Harvard Square
Malia Obama

Nkuko tubikesha TMZ, Malia Obama yari ategerejwe n’uyu mukecuru washakaga kwifotoranya nawe ngo dore ko yaje anavuga ko ari nyirakuru wa Malia Obama akaba yarashakaga kwifotoranya n’umwuzukuru we imbere y’imwe muri restaurant iri hanze ya campus Malia Obam yigamo, Malia Obama akihagera uyu mukecuru yahise aza amusanganira bikomeye ku buryo Malia Obama yabangamiwe agahita avuga amagambo agira ati:”Are you gonna take it in my face like an animal in a cage?” bigaragara ko Malia Obama atishimiye ukuntu uyu mukecuru yaje aje kumusaba ko bifotoranya. Ibi bikaba byaragarutsweho n’abanyeshuri bigana na Malia Obama bagiye bavuga ko bidakwiriye ko Malia Obama asubiza uyu mubyeyi aya magambo bamwe bavuze ko yahubutse cyane mu mvugo yakoresheje.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Nyuma yo kwandagaza bikomeye Arsenal, ikipe ya Liverpool igiye gushimangira insinzi yayo igura umukinnyi ukomeye cyane

Ikipe ya Arsenal ikaba ishaka gutanga akayabo k’amafaranga k’umukinnyi ukomeye cyane nyuma yo kwandagazwa na Liverpool