in

Ikipe ya APR FC igiye kwitegurira Shampiyona ku ikipe bihanganye mu buryo bukomeye nubwo bidakunze kubaho

Ikipe ya APR FC igiye kwitegurira Shampiyona ku ikipe bihanganye mu buryo bukomeye nubwo bidakunze kubaho

.
Ikipe ya APR FC yamaze kwemeza umukino wa gishuti n’ikipe ya Musanze FC iyoboye urutonde rwa Shampiyona kugeza ubu nubwo APR FC ari yo ikurikiraho.

Muri iki gihe cyakaruhuko k’ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi, ikipe nyinshi zirimo gushaka imikino ya gishuti kugirango abakinnyi bakomeza kwitegura neza Shampiyona izatangira tariki ya 24 Ukwakira 2023.

Ikipe ya APR FC nayo iri muri izo kipe dore ko umukino wamaze kwemezwa ndetse ukaba yazabera Ishyorongi aho ikipe ya APR FC isanzwe ikorera imyitozo ya buri munsi.

 

Written by Philcollens

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 784 798 373

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

“Batudabagije”: Rigoga Ruth yicinye icyara nyuma yo kumenya inkuru nziza yatangajwe na Polisi y’u Rwanda

“N’imbwa iturushe kwambukira muri Zebra crossing koko!” Umunyarwenya Rusine Patrick yatangajwe n’imbwa yambukira ahantu habugenewe kandi ikabikora neza kurusha bamwe mu bantu -AMASHUSHO