in

Ikipe ya Apr Fc igiye gukora umuhango ukomeye wo kumurika ibyagezweho

Ikipe ya Apr Fc yategiye ibirori byo kwerekana abakinnyi bashya yaguze muri iyi mpeshyi ndetse no kugirana ikiganiro n’abanyamakuru barekana uko ikipe imeze.

Muri iyi mpeshyi ntabwo Apr Fc yagaragaye ku isoko cyane gusa ariko nubwo itahagaraye cyane ntibyakuyeho ko hari abakinnyi yagiye yibikaho.

Nyuma yo kugura abakinnyi bashya, bikaba biteganyijwe ko kuri uyu wa Gatanu tariki ya 5 Kanama 2022 ko ari bwo baza kwerekana abo bakinnyi bashya.

Muri uwo muhango watumiwemo abanyamakuru mbarwa haraza gutangazwamo kandi uko ikipe imeze ndetse n’intego yabo mu mwaka utaha w’imikino.

Kuri ubu ikipe ya Apr Fc iri kwitegura gukina na As Kigali mu mukino wa Super Cup uteganyijwe mu cyumweru kimwe kiri imbere.

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

MU MAFOTO 10 atoranyije: Ihere amaso ubwiza bwa Saro Amanda wegukanye ikamba rya Miss Talent muri Miss Rwanda 2022

Abakinnyi 3 barimo n’uheruka gutwara champions League batari babona ikipe bazakinira umwaka utaha