in

Ikipe ikomeye hano mu Rwanda iri mu biganiro bya nyuma na Haringingo Francis na bagenzi be bamufashije gutwara igikombe cy’Amahoro muri Rayon Sports

Nyuma y’uko Haringingo Francis n’abagenzi be  bahesheje Rayon Sports igikombe cy’Amahoro, ikipe ya AS Kigali ubu ibiganiro bya nyuma n’aba batoza bigiye kugera ku musozo.

Aba batoza bayobowe na Haringingo Francis nk’umutoza mukuru, Rwaka Claude ni umutoza wungirije, Niyonkuru Vladimir ni umutoza w’abanyezamu ndetse na Nduwimana Pablo ushinzwe kongera ingufu abakinnyi.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umutoza APR FC yamaze kumvikana nawe no muri Afurika yose abamurusha ibigwi ni mbarwa

Bibaye nonaha! Inyubako ikoreramo Imvaho nshya ifashwe n’inkongi y’umuriro irashya irakongoka (VIDEWO)