in

Iki nicyo cyabahima: Nyuma ya Uganda hari ikindi gihugu cyo muri Afrika cyashyize ho itegeko rikakaye rihana abatinganyi ndetse n’abaziha kuzana ibyo kubavugira bazahanwa igihano gikubye gatatu ikizahabwa umutinganyi nyirizina 

Iki nicyo cyabahima: Nyuma ya Uganda hari ikindi gihugu cyo muri Afrika cyashyize ho itegeko rikakaye rihana abatinganyi ndetse n’abaziha kuzana ibyo kubavugira bazahanwa igihano gikubye gatatu ikizahabwa umutinganyi nyirizina

Ghana yemeje ko Umuntu bazajya basanga ari umutinganyi azajya afungwa imyaka 3, abahirimbanira uburenganzira bw’abatinganyi bo bazajya bakatirwa imyaka 10 igifungo gikubye 3 ikizajya Abakoze igikorwa cy’ubutinganyi.

Ni bimwe mu bikubiye mu mushinga w’itegeko abagize inteko ishinga amategeko bose bemeje ko ufite ishingiro.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umuririmbyi kabuhariwe wari umaze kuba igikomerezwa y’iyahuye kubera impamvu ikomeye

Amazi arashyuha ariko ntiyibagirwa iwabo wa mbeho: Kylian Mbappé ari kugirira ibihe byiza mu gihugu cya Cameroon se avuka mo