in

Ijambo ry’ubwenge ukwiye kugenderaho uyu munsi

Umunsi ku munsi abantu muri rusange duhora twiga bijyanye ni uko muri iki gihe hari ibintu tuba dukwiye kwitaho kandi by’ingenzi.

Abantu dukwiye kwita kubo dukunda cyangwa kuri bagenzi bacu mu gihe cyose baba badukeneye. Hari amagambo menshi aba ari ingenzi mu buzima bwa buri munsi kandi wagenderaho ukaba mu isi utabohywe.

Ijambo ry’ubwenge, ” Nshaka ku kubona ugera ku bintu byose wambwiye, nubwo ntahari.”

Ibi bivuze ko igihe cyose inshuti yawe yifuza kugera ku bintu runaka ndetse ikanabiguhishurira ukabimenye uzahore wifuza ku mubona ibyo yakubwira abigeraho, niyo waba utari kumwe nawe.

 

 

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Byari amarira n’agahinda! Umunyamakuru Jean Luc yafashe mu mugongo myugariro Ndayizeye Samuel wasezeye bwa nyuma umugore we uherutse gupfa (Amafoto)

“Yatoje za ‘Lyon’, ‘Marseille’, afite lisance ‘pro’ ntaho ahuriye na Adil” KNC yavuze ibigwi bihambaye by’umutoza Gasogi igiye kumanura i Nyarugenge – VIDEWO