in

Ijambo rya mbere Shaddyboo yavuze nyuma yo kuva mu gihome

Mbabazi Shadia uzwi nka Shaddyboo kuri ubu bamaze kurekurwa. Ni nyuma yuko we na bagenzi be barimo umuhanzi King James, K8 Kavuyo n’abandi bari bafashwe barenze ku mabwiriza yo kwirinda Covid-19.

Akiva mu gihome, Shaddyboo abinyujije kuri Twitter yavuze amagambo agira ati « I m so sorry !🙏 ».

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Bimwe mubyo umukunzi wa Anita Pendo yamukoreye mu kabyiniro

Bwa mbere mu Rwanda hagaragaye umusore ujya mu mihango.