in

Ijambo Mutsinzi Ange yavuze asezera APR FC

Mu masaha make ashize nibwo inkuru imaze kuba Kimomo ko Mutsinzi Ange Jimmy wakiniraga ikipe ya APR FC kuri ubu yamaze kubona ikipe nshya akaba ari ikipe ya CD Trofense yo mu kiciro cya kabiri mu gihugu cya Portugal.

Mutsinzi Ange abinyujije ku rukuta rwe rwa instagram yanditse amagambo yuzuyemo amarangamutima menshi no gushima by’umwihariko Ubuyobozi bwa APR FC.

Yatangaje ibi bikurikira:

Amafoto ya Mutsinzi mu mwambaro wa CD Trofense yo muri Portugal:

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amakosa ukwiye kwirinda gukora mu gihe umaze gufata amafunguro.

Wabyifatamo ute ushatse guterera umukobwa ivi akagutera utwatsi?