in

Ihora ari iy’injangwe uko yaba ingana kose! Umunyarwandakazi witwa Claudine yarongowe n’umusaza w’umuzungu umukubye kabiri mu myaka kandi wibitseho agatubutse (AMAFOTO)

Ihora ari iy’injangwe uko yaba ingana kose! Umunyarwandakazi witwa Claudine yarongowe n’umusaza w’umuzungu umukubye kabiri mu myaka kandi wibitseho agatubutse.

Umunyarwandakazi, Uwamahoro Claudine yashyingiranywe na Simon Danczuk.

Claudine yahise aba umugore wa gatatu uyu mugabo ashatse.

Uwamahoro Claudine ni umunyarwandakazi w’imyaka 28 mu gihe umugabo we Simon Danczuk afite imyaka 56.

Aba bageni bahuye bwa mbere ubwo Simon Danczuk yazaga mu Rwanda mu ruzinduko rugamije ubushabitsi.

Ubu bukwe bwabereye muri Sunday Park mu mujyi wa Kigali, bufite isura ya Kinyarwanda.

Nyuma y’igihe kigera ku mwaka n’igice, Uwamahoro Claudine na Simon Danczuk bahisemo kwambikana iy’urudashira, bahamya ko igihe kinini bazaba mu Rwanda.

Danczuk yaje gushakana na Karen Burke, umukobwa wari uzwi cyane mu gukoresha imbuga nkoranyambaga ku buryo bamwitaga ’selfie queen’. Umubano wabo wageze ku iherezo nyuma y’imyaka itatu mu 2015.

AMAFOTO

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Yahisemo akazina kajyanye n’ubwiza bwe! Alliah Cool yabonye ubwiza n’ubushongore afite maze ashaka umwambaro wa Rayon Sports yandikishaho akazina kajyanye n’ubwiza bwe – VIDEWO

Umutoza yamwanga yamwemera Rwatubyaye ikipe azayiheka ku mugongo! Uwayezu Jean Fidèle yambitse igitambaro giha ububasha Rwatubyaye Abdul kuyobora bagenzi be nubwo umutoza atamwemera – AMAFOTO